ITANGAZO RYA CYAMUNARA (Ku nshuro ya Kabiri)
AKAZI KANOZE ACCESS (AKA), iramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko kuwa Gatatu, tariki ya 25/02/2026 saa ine (10H00) izagurisha mu CYAMUNARA ibikoresho byo mu biro bitandukanye. Urutonde rw’ibizagurishwa murarusanga ku mugereka. Gusura ibyo bikoresho bizatangira tariki ya 18/02/2026 birangire tariki ya 24/02/2026.
Amasaha yo gusura ibyo bikoresho:
- Ku minsi ikurikira: kuwa Gatatu, kuwa kane, Kuwa mbere no kuwa Kabiri (ku matariki: 18/02/2026;
19/02/2026; 23/02/2026 na 24/022026), ni uguhera saa tatu za mu gitondo (09H00) kugeza saa
saba z’amanywa (13H00), no guhera saa munani (14H00) kugeza saa kumi (16H00). - Kuwa gatanu, tariki 20/02/2026 amasaha yo gusura ni: uguhera saa tatu za mu gitondo (09H00) kugeza saa munani z’amanywa (14H00).
AKA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBI BIKURIKIRA:
- Cyamunara izaba mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo;
- Utsindiye kimwe cyangwa byinshi mu bikoresho byo mu biro asabwa guhita yishyura no gutwara igikoresho/ibikoresho yatsindiye ku munsi wa cyamunara. Iyo atabitwaye yishyura amafaranga 5,000 y’uburinzi bwa buri munsi.
- Muri iyi cyamunara, umuntu yemerewe gupiganwa ku bikoresho bitandukanye. Uzegukana igikoresho ni uwatanze igiciro kiri hejuru y’icy’abandi.
- Igiciro cy’ipiganwa gihera ku giciro fatizo cyagenwe.
Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri Tel. : 0784225178
Bikorewe i Kigali, kuwa 17/02/2026.
NTAGUNGIRA Emmanuel
Umuyobozi Mukuru
Akazi Kanoze Access