ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO
Ubuyobozi bw’Umushinga RW0891 uterwa inkunga na Compassion international mw’itorero CELPAR PAROISSE NGENDA buramenyesha abantu bose ko bafite isoko ryo kugurira abana b’umushinga (337 ) INKWETO (Shoes) , abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
-Kwandika ibaruwa isaba iryo isoko yandikiwe umushumba w’itorero rya
CELPAR Paroisse Ngenda.
-Kuba asanzwe ari umucuruzi w’inkweto cyangwa afite ubushobozi bwo gupiganira
Iryo soko.
-Kuba afite E B M ya R R A
-Kuba afite nimero ya compte muri B K cyangwa ahandi hari Informatisé.
-Kuba afite Tin number ya R R A
-Kuzana icyemezo cy’ubucuruzi (Registre de commerce) kigaragaza ibyo yemerewe
gupiganira (Business Activities).
-Kuzana photocopy y’indangamuntu
-Kuba afite icyemezo cy’uko atarimo umwenda wa RRA(Attestation de non
Créance).
-Kwandika form igaragaza ibiciro yatanze (procuring form) k’urukweto
hakubiyemo
n’imisoro iteganywa n’amategeko ya leta y’URWANDA
-Buri wese wifuza gupiganira iryo soko agomba kwishyura amafaranga adasubizwa
10,000 Frw kuri konti y’umushinga iri muri BK:100008615483 RW0891
CELPAR NGENDA CDC
-Kuzana bordereau y’amafaranga yishyuye kubiro by’umushinga
-Kuzana ibyemezo by’ahantu nibura hatatu yaba yarigeze gupiganira isoko ry’
Inkweto
Icyitonderwa:
-Abifuza gupiganira iryo soko, bagomba kuza gufata agatabo k’amabwiriza agenga iryo soko
guhera Tariki :28/04/2026 kugeza tariki 09/05/2026 ku biro by’umushinga RW0891,
uherereye mu karere ka Bugesera , umurenge wa Nyarugenge.
-Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri izi nimero:0783341835/0788895681
-Abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuzaza bitwaje ibyangombwa byabo bisaba iryo soko umunsi wogufungura amabahasha kuwa kuwambere tariki 11/05/2026 saa munani zuzuye (14:00) Ku biro by’umushinga.
Bikorewe Bugesera kuwa 27/04/2026
Umushumba w’itorero rya CELPAR Paroisse Ngenda
RUGWIZA SUMO Alexandre