ITORERO EPADR Mahama Mahama,ku wa 15/03/2026
PROJECT RW0956 EPADR Mahama
Email: rw0956epadrmahama@gmail.com
ITANGAZO RY’ISOKO RYO KWAMBIKA ABANA INKWETO ZO MU BWOKO BWA STAN SMITH
ORIGINAL .
Ubuyobozibw’itorero E P A D R rikorera mu karere ka KIREHE, mu murenge wa MAHAMA, ku bufatanye
na Compassion international binyuze mu mushinga RW0956 E P A D R rirahamagarira ba
Rwiyemezamirimo bose batandukanye kandi babifitiye ububasha gupiganira isoko ryo kwambika inkweto zo mu bwoko bwa stan smith original,abana bari mu kigerocy’
imyaka 3-6=92,
imyaka 7-12 =35,
imyaka 13-21=128
bose hamwe ni abana 255, singombwa gusura sample kuwaripiganira asanzwe azizi.
Abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuba bujuje ibibikurikira :
- Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba w’ itorero rya E P A D R Mahama
- Proforma igaragaza ibiciro
- Kuba afite konti muri banki ifite ikoranabuhanga
- Kuba afite TIN number yo muri RRA na TVA
- Kuba afite icyangombwa cyerekana ko nta mwenda abereyemo RRA na RSSB kitarengeje amezi 3
- Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
- Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP
- Kuba afite registrey’ubucuruzi itangwana RDB igaragaza ko rwiyemezamirimo asanzwe akora iyi
- mirimo ari gupiganira.
- Foto kopi y’indangamuntu ya nyiri company cg icyemezo gisimbura indangamuntu cyemewe
- n’amategeko.
Ibyangombwa byo herezwa kuri Email y’umushinga rw0956epadrmahama@gmail.com bakanatanga kopi kuri email CUwase@rw.ci.org document yoherezwa iri folder imwe muri pdf ,gufungura amabaruwa bizaba tariki 30/03/2026 saa 10h00 uzarenza iyi saaha ibyangombwa bye ntibizakirwa.
NB : Documents zidatanzwe kuri izo email uko ari ebyiri hose biba impfabusa.
Uwatsindiye isoko azabimenyeshwa by’agateganyo kuri email ndetse nabitabiriye bose bamenyeshwa
ibyavuye mu ipiganwa.
-Uwakwifuza gusura Sample y’ inkweto ni uguhera ku wa 20/03/2026 mu masaha y’akazi aho umushinga
ukorera
Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri tel: 0788813250 / 0783105983.
UMUSHUMBA W’ITORERO RYA E.P.A.D.R Mahama
Rev.Pastor Ndabaruzi Straton