ANGLICAN CHURCH OF RWANDA (EAR D/K)
EAR NYABAGENDWA PARISH
PROJECT RW0803 EAR NYABAGENDWA
Email: rw0803nyabagendwa@gmail.com
Tel: 0788689215/078491568
DATE:05/11/2025
ITANGAZO RY’ISOKO RYO KUGURIRA ABANA IBIKAPU
Ubuyobozi bw’Itorero Anglicane ry’u RWANDA(EAR),Paruwase ya Nyabagendwa ,riherereye mu KagaLi ka Nyabagendwa, Umurenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera, Intara y’i Burasirazuba rifite abana 279, riterwa inkunga na Compassion international binyuze mu mushinga RW0803 EAR Nyabagenwa ririfuza gutanga isoko,ryo kugurira abana ibipaku.
IBYO TUZAKENERA NINGANO YABYO
1. KUGURIRA ABANA IBIKAPU
|
NO |
IBIKENEWE |
UMUBARE W’ABANA |
|
1 |
Ibikapu kubana biga Nursery |
27 |
|
2 |
Ibikapu kubana biga Primary |
234 |
|
2 |
Ibikapu kubana biga secondary(batari muri boarding) |
2 |
|
IGITERANYO |
263 |
ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO BOSE BARASABWA GUTANGA IBYANGOMBWA BY’IPIGANWA BIKURIKIRA KANDI BW’UMWUMERERE, FOTOCOPY NA SCAN DOCUMENT NTIZEMEWE UZAZIZANA NTIZAKIRWA KERETSE NOTERI YAZISINYE.
- Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa EAR Paruwasi Nyabagendwa
- Proforma igaragaza igiciro cya kimwe n’igiciro cya byose (ibikapu)
Kuba afite TIN number, RRA na TVA by’umwimerera atari fotocopi
- Kuba afite icyangombwa cyerekana ko nta mwenda abereyemo RRA na RSSB bigamba kuba bizamara amezi atatu
- Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
- Ibyemezo 3 byaho yakoze uwo murimo akarangiza akazi neza bitarengeje umwaka abihawe kandi byanditse mururimi ry’ikinyarwanda.
- Kugaragaza sample yibyo apiganira aha birareba kw’isoko ryo kugurira abana Ibikapu
- Kuba afite registre y’ubucuruzi itangwa na RDB y’ubucuruzi igaragaza ko rwiyemezamirimo asanzwe akora iyi mirimo ari gupiganira
- Fotocopy y’indangamuntu yanyiri company cg icyemezo gisimbura indangamuntu cyemewe n’amategeko.aho Fotocopy y’indangamuntu iremewe
- Kugaragaza Historique y’amezi abili aheruka iri mumazina yibyangombwa by’uwapiganiye isoko kandi igomba kuba iriho umukono na kasha ya Banki kandi ikaba iriho amafaranga ahagije kugirango ahite atangira isoko. nibura ikazakwa tarike 16,17,18/11/2025 kugirango tumenye ko ubushobozi ko buhari
- Gahunda isobanutse yo kugemura ibyo apiganira
Icyitonderwa :
- Ibyangombwa by’ipiganwa bizoherezwa kuri emails rw0803nyabagendwa@gmail.com
, na Ekayitare@rw.ci.org na niyimmaculee@gmail.com tarike 19/11/2025 kuva saa tanu n’igice(11h30’) kugeza (12h00) zuzuye uzohereza mbere cyangwa nyuma yayo masaha ntago document ze zizakirwa .
amabahasha azafungurwa muruhame saa saba (13h00) zuzuye tarike 19/11/2025 arinaho hazatangazwa uwatsindiye isoko muruhame.
- Rwiyemezamirimo yohereza documents ze kuri izo emails zombi.Uwakohereza document ye kuri email imwe ntahe copy indi email dosiye yaba impfabusa.
- Izina rya dosiye (Email subject ni gupiganira isoko ryo kugurira abana ibikapu(no:5) Uwakenera ibindi ibisobanuro yahamagara numero za telephone zikurikira 0788689215, 0784915682
- Kwishyura DAO ni 10,000 RWF kuri buri soko rimwe apiganira, yishyurwa kuri Compte No 100030277548ya RW0803 EAR NYABAGENDWA CDC iri muri BK, iyo umaze kwishyura ushobora kubona DAO hifashishijwe ikoranabuhanga kuri Email,watsapp cyangwa ukaza kuyifata ku mushinga mu masaha y’akazi
- Ushobora kwitabira amasoko abili yose icyingezi nuko buri soko wishyura DAO Ingana ni 10,000rwf kuri buri sokoubyo bivuze ko wakwishyura 20,000 rwf niba witabira amasoko abili.(ihene n’ibikapu)
- Ibibyangombwa bigomba kuba biri mururimu ry’ikinyarwanda( proforma,ibaruwa,ibyemezo
by’imikoranire,gahunda isobanutse, ibindi biva muri system
Murakoze.
Bikorewe Nyabagendwa 05/11 /2025
Umushumba wa EAR Paruwase Nyabagendwa
Rev.Niyonteze Immaculee