ITORERO ANGILIKANI RY URWANDA
DIOCESE YA KIGALI
PARUWASE YA MBYO
PROJECT RW648
Mbyo kuwa 17/03/2026.
ITANGAZO RY’ISOKO
Umushinga RW648 EAR Paruwase ya Mbyo ukorera mu karere ka BUGESERA umurenge wa Mayange akagali ka Mbyo uterwa inkunga na Compassion international mu Rwanda, unejejwe no kumenyesha abantu kugiti cyabo, company, cyangwa koperative babyifuza ko ushaka gutanga isoko kubagenerwa bikorwa b’uwo mushinga :
Isoko ryo gutanga inkweto kubana b’umushinga
Ababyifuza bagomba kuzabitwaje ibibikurikira.
- Ibaruwa yandikiwe umushumba wa EAR Paruwase ya Mbyo isaba gupiganira isoko.
- icyangombwa cy’ubucuruzi gitangwa na RDB
- icyangombwa cya RRA kigaragaza ko ari mu batanga imisoro ya TVA.
- Icyangombwa cyo kutabamo imisanzu ya RSSB kitarengeje amezi 3.
- Proforma y’ibiciro kubyo apiganirwa.
- Kuba agaragaza ko atanga inyemezabuguzi ya EBM
- Photocopy y’indangamuntu
- Kuba agaragaza ibyangombwa bitatu byaho yabayarakoze uwo umurimo ningombwa.
- Ushaka gupiganwa kumasoko yose yishyura DAO kuri burisoko kandi kwandika Amazina yicyo ushaka gupiganira ningombwa.
- Kwishyura amafaranga ibihumbi icumi (10,000frw) adasubizwa kuri konti NO 00040-00280484-90 ya RW648 MBYO, iri muri banki ya kigali (bk) yo kugura agatabo k’ipiganwa.
- Uwaguze DAO agomba kohereza bordero kuri Email zose zikurikira: rw648projectdirector@gmail.com, ndayisabaeric8694@gmail.com, akamateneti@rw.ci.org
CYITONDERWA: Ibyo byangombwa byose bigomba kubabiriho umukono wa noteri , ikindi rwiyemeza mirimo wese uzatsindira isoko iryo ariryo ryose ryavuzwe haruguru agomba kubayiteguye kubahiriza amabwiriza hakurijwe ibiri muri DAO n’itangazo , namasezerano y’isoko yatsindiye.ikindi Abujuje ibisabwa, Amabaruwa azafungurirwa mu ruhame tariki ya 30/03/2026 I saa 11h00 za manywa. Kubiro By’umushinga kubindi bisobanuro wahamagara kuri nimero zikurikira tel:0785240280 Cyangwa ukandika kuriEmail zavuzwe haruguru
Bikorewe Mbyo kuwa 17/03/2026.
Bishyizweho umukono n’umushumba wa EAR Paruwase ya MBYO
Archdeacon NDAYISABA Eric