ASSEMBLIES OF GOD KAZIBA Date 03 Oct 2025
KIREHE PARISH
PROJECT RW 0953 KAZIBA
Tel: PD 0788257903, 0727180888, 0783065285
Pastor 0788620837
ITANGAZO RY’ISOKO RYO KWAMBIKA ABANA INKWETO ZO MU BWOKO BWA STAN SMITH ORIGINAL
Ubuyobozi bw’ itorero Assemblies of God Kaziba, Paroisse KAZIBA rifite Umushinga RW0953 Kaziba uterwa Inkunga na Compassion International mu Rwanda, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari isoko No: 0010/CI/RW0953/2025 ryo kugurira abagenerwabikorwa INkweto za Stansmith Original (240). Ibabishoboye bose bazaza kureba sample kuri bureau y’umushinga RW0953 KAZIBA.
IKIGERO Cya bana
| 
			 AGE  | 
			
			 3-5  | 
			
			 6-8  | 
			
			 9-11  | 
			
			 Total  | 
		
| 
			 Children number  | 
			
			 164  | 
			
			 72  | 
			
			 3  | 
			
			 240  | 
		
ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO BAGOMBA KUBA BUJUJE IBI BIKURIKIRA
- Ibaruwa yandikiwe ubuyobozi bwa Assemblies of God kaziba isaba isoko.
 - Facture Proforma igaragaza igiciro cya kimwe n’igiciro mbumbe cyose.
 - Kuba afite inimero y’ umusoreshwa (TIN Number) na TVA.
 - Kuba afite Registre de Commerce.
 - Kuba nta deni afitiye ikigo gishinzwe imisoro n’ amahoro (Rwanda revenues authority)
 - Kuba nta deni afitiye ikigo cy’ubwiteganirize mu Rwanda (RSSB).
 - Kuba asanzwe akora iyo mirimo neza afite ibyemezo bitatu byaho yakoze biriho umukono wa Notaire.
 - Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP izigamiwe muri Banki ya Kigali nyuma yo kurangiza Imirimo.
 - Kuba afite Akamashini gasohora Billing Receipt yemewe n’ikigo Cya RRA.
 - Photocopy y’Irangamuntu y’uwusaba isoko.
 
N.B: Kubabyifuza kandi babifitiye ubushobozi bakwihutira gutanga ibyangobwa bisabwa kuri Email
mukoresheje Email: kazibastudent@gmail.com  y’umushinga RW0953 Kaziba, Mugaha copy CUwase@rw.ci.org ,
Iyo udatanze copy kurizo email zombi ibyangombwa byawe ntibihabwa agaciro, kubabyifuza kandi babishoboye musabwe gutanga ibyangombwa bisaba isoko bitarenze tariki ya 17/11/2025 saa tanu za mu gitondo (11h00) ari nayo masaha yo gufungura amabaruwa ku mugaragaro, nyuma yiyo saha ntawuzemererwa gutanga ibyangombwa, uzatsindira iryo soko akazamenyeshwa binyuze kuri Email yatanzeho ibyangowa bye.
Mukeneye ibindi bisobanuro mwakwifashisha numero zigaragara hejuru. 
Bikorewe I kaziba, kuwa 03/Oct/2025 Byemejwe na:
Biteguwe n’umuyobozi w’umushinga.
Umushumba w’itorero Assemblies of God Kaziba PD BAHIZI Jean Pierre Rev. Pastor Mugabo Dieudonne