ASSEMBLIES OF GOD KAZIBA kuwa 26th- 11-2025
KIREHE PARISH
PROJECT RW 0953 KAZIBA
Tel: Director 0788257903, 0727180888,
Pastor 0788620837
ITANGAZO RYO KUGURIRA IMYENDA ABANA B’UMUSHINGA YO KURIMBANA
Ubuyobozi bw’ itorero Assemblies of God Kaziba, Paroisse KAZIBA rifite Umushinga RW0953 Kaziba uterwa Inkunga na Compassion International mu Rwanda, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari isoko ryo kugurira abagenerwabikorwa imyenda yo kurimbana bagera kuri 259, Sample y’iyo myenda muzayisura ku cyicaro cy’itorero ku biro by’umushinga, gusura ni uguhera saa tatu kugeza za kumi nimwe mu minsi ya kazi.
IKIGERO Cy’abana
|
AGE GROUP |
3-5 |
6-8 |
9-11 |
12-14 |
15-18 |
19-22 |
Total |
||||||
|
Gender |
F |
M |
F |
M |
F |
M |
F |
M |
F |
M |
F |
M |
|
|
Numbers |
90 |
72 |
35 |
36 |
2 |
1 |
1 |
2 |
4 |
4 |
4 |
6 |
|
|
Total number |
164 |
71 |
3 |
1 |
2 |
8 |
10 |
259 |
|||||
ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO BAGOMBA KUBA BUJUJE IBI BIKURIKIRA.
- Ibaruwa yandikiwe ubuyobozi bw’Assemblies of God kaziba isaba isoko.
- Facture Proforma igaragaza igiciro cya kimwe n’igiciro mbumbe cyose.
- Kuba afite inimero y’ umusoreshwa (TIN Number) na TVA.
- Kuba afite Registre de Commerce.
- Kuba nta deni afitiye ikigo gishinzwe imisoro n’ amahoro (No creance Valid)
- Kuba nta deni afitiye ikigo cy’ubwiteganirize mu Rwanda (No creance Valid).
- Kuba asanzwe akora iyo mirimo neza afite ibyemezo bitatu byaho yakoze biriho umukono wa Notaire.
- Kuba yatanga ikigaragaza ko yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP izigamiwe muri Banki ya Kigali nyuma yo kurangiza Imirimo.
- Kuba afite Imashini Isohora Billing Receipt yemewe n’ikigo Cya RRA.
- Photocopy y’Irangamuntu y’uwusaba isoko.
- Kuba yishyuye amafaranga ibihumbi cumi (10000frw) bidasubizwa amwemerera gupiganira isoko.
Kubabyifuza kandi babifitiye ubushobozi bakwihutira gutanga ibyangobwa bisabwa
kuri Email: kazibastudent@gmail.com y’umushinga RW0953 Kaziba, mugatanga copy kuri
Email: eniyonzima@rw.ci.org, ababishoboye basabwe gutanga ibyangombwa bisaba isoko bitarenze tariki
ya 08/12/2025 saa tanu za mu gitondo (11h00) ari nayo masaha yo gufungura amabaruwa ku mugaragaro, nyuma yiyo saha ntawuzemererwa gutanga ibyangombwa,uzatsindira iryo soko azamenyeshwa binyuze kuri Email yatanzeho ibyangowa bye kandi akaba yiteguye gutangira ako kazi. Mukeneye ibindi bisobanuro mwakwifashisha numero zigaragara hejuru.
Bikorewe I kaziba, kuwa 26/11/2025 Byemejwe na:
Biteguwe n’umuyobozi w’umushinga Umushumba w’itorero Assemblies of God
PD BAHIZI Jean Pierre
Rev. Pastor Mugabo Dieudonne