Skip to main content

Itangazo Ryo Kugurira Imyenda Abana B’umushinga Yo Kurimbana

Assemblies of God Kaziba

Assemblies of God Kaziba is a local branch of the Rwanda Pentecostal Assemblies of God (RPAG), a major Pentecostal Christian denomination in Rwanda. Beyond its primary religious function of worship and evangelism, it is actively involved in community development and social welfare projects, often in partnership with non-governmental organizations like Compassion International.

Rate this employer
Average: 4.2 (5 votes)

ASSEMBLIES OF GOD KAZIBA kuwa 26th- 11-2025

KIREHE PARISH

PROJECT RW 0953 KAZIBA 

Tel: Director 0788257903, 0727180888,

Pastor 0788620837

ITANGAZO RYO KUGURIRA IMYENDA ABANA B’UMUSHINGA YO KURIMBANA 

Ubuyobozi bw’ itorero Assemblies of God Kaziba, Paroisse KAZIBA rifite Umushinga RW0953 Kaziba uterwa Inkunga na Compassion International mu Rwanda, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari isoko ryo kugurira abagenerwabikorwa imyenda yo kurimbana bagera kuri 259, Sample y’iyo myenda muzayisura ku cyicaro cy’itorero ku biro by’umushinga, gusura ni uguhera saa tatu kugeza za kumi nimwe mu minsi ya kazi.

IKIGERO Cy’abana

AGE GROUP

3-5

6-8

9-11 

12-14

15-18

19-22

Total

Gender 

F

M

F

M

F

M

F

M

F

M

F

M

Numbers

90

72

35

36

2

1

1

2

4

4

4

6

Total number

164

71

3

1

2

8

10

259

ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO BAGOMBA KUBA BUJUJE IBI BIKURIKIRA.

  • Ibaruwa yandikiwe ubuyobozi bw’Assemblies of God kaziba isaba isoko.
  • Facture Proforma igaragaza igiciro cya kimwe n’igiciro mbumbe cyose.
  • Kuba afite inimero y’ umusoreshwa (TIN Number) na TVA.
  • Kuba afite Registre de Commerce.
  • Kuba nta deni afitiye ikigo gishinzwe imisoro n’ amahoro (No creance Valid)
  • Kuba nta deni afitiye ikigo cy’ubwiteganirize mu Rwanda (No creance Valid).
  • Kuba asanzwe akora iyo mirimo neza afite ibyemezo bitatu byaho yakoze biriho umukono wa Notaire.
  • Kuba yatanga ikigaragaza ko yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP izigamiwe muri Banki ya Kigali nyuma yo kurangiza Imirimo.
  • Kuba afite Imashini Isohora Billing Receipt yemewe n’ikigo Cya RRA.
  • Photocopy y’Irangamuntu y’uwusaba isoko.
  • Kuba yishyuye amafaranga ibihumbi cumi (10000frw) bidasubizwa amwemerera gupiganira isoko.

Kubabyifuza kandi babifitiye ubushobozi bakwihutira gutanga ibyangobwa bisabwa
kuri Email: kazibastudent@gmail.com  y’umushinga RW0953 Kaziba, mugatanga copy kuri
Email: eniyonzima@rw.ci.org, ababishoboye basabwe gutanga ibyangombwa bisaba isoko bitarenze tariki
ya 08/12/2025 saa tanu za mu gitondo (11h00) ari nayo masaha yo gufungura amabaruwa ku mugaragaro, nyuma yiyo saha ntawuzemererwa gutanga ibyangombwa,uzatsindira iryo soko azamenyeshwa binyuze kuri Email yatanzeho ibyangowa bye kandi akaba yiteguye gutangira ako kazi. Mukeneye ibindi bisobanuro mwakwifashisha numero zigaragara hejuru.

Bikorewe I kaziba, kuwa 26/11/2025    Byemejwe na:

Biteguwe n’umuyobozi w’umushinga  Umushumba w’itorero Assemblies of God

PD BAHIZI Jean Pierre                                                         
Rev. Pastor Mugabo Dieudonne

Click on the APPLY button to send your application documents:
  • Your application will be sent to the employer immediately (Allowed formats: .doc .pdf .txt .docx)
  • A confirmation email will be sent to you few minutes afterwards
  • You can request any documents archived from our website (ex: a job description, a CV, a cover letter...)