ITANGAZO RYO GUTWARA ABANYESHURI MURI KIGALI CHRISTIAN SCHOOL/ KIGALI CAMPUS
Ubuyobozi bw’Umuryango w ‘Ivugabutumwa murubyiruko (Youth for Christ/Rwanda) burifuza gutanga isoko ryo;
- Gutwara abanyeshuri mukigo cy’amashuri aricyo Kigali Christian school(ishami rya Kigali na Rwamagana )
Itangwa ry’ isoko rizaca mu ipiganwa hakurikijwe amabwiriza n’amategeko agenga imitangirwe y’amasoko muri Youth for Christ/Rwanda. Abapiganwa bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
- Photocopie y’icyemezo gitangwa na RDB kigaragaza ko ukora imirimo y’ubucuruzi.
- Icyemezo kigaragaza ko ntamwenda w’umusoro abereyemo RRA (Tax Clearence Certificate)
- Uruhushya rwo gutwara abanyeshuri(Student driver’s licence) rutangwa na RURA
- Icyemezo kigaragaza imikorerere myiza kubaba barakoze ako kazi mu bindi bigo (attestation de bonne fin),
- Photocopy y’irangamuntu mugihe ari umuntu wikorera ku giti cye.
- Kuba utanga inyemezabwishyu ya EBM,
Amabaruwa agaragaza ibikenewe byose, murayasanga mu biro bya Kigali Christian School/Kigali Campus rikorera, mu kagali ka Kibagabaga Umurenge wa Kimironko akarere ka Gasabo, nyuma yo kwishyura amafaranga adasubizwa ibihumbi icumi (10, 000Frw) kuri konti No 100004149356 ya JPCR / Ecole Chrètienne de Kigali iri muri BK Rwanda na No 100012286559 ya YFC/KCS-Rwamagana iri muri BK.
Kubindi bisobanuro wahamagara kuri Tel:
0737793930(Philbert
Igihe ntarengwa cyo gufata ayo mabaruwa ni tariki ya 14/8/2026
Bikorewe i Kigali kuwa 04/08/2026.
Umuyobozi ushinzwe uburezi muri Youth for Christ /Rwanda /Kigali Christian School
NSENGIMANA JEAN Marie Vianney