ITORERO METHODISTE LIBRE MU RWANDA Kigufi kuwa 25/11/2025
CONFERENCE YA KIBUNGO
RW0177 EMLR KIGUFI
TELEPHONE : 0788571616/0785248547
ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO RIKURIKIRA :
- Isoko ryo kwambika Abana imyenda yo kurimbana Nº002/CI/RW1772025-2026
Itorero Eglise Metodiste libre au Rwanda Paroisse KIGUFI rifite icyicaro mu murenge wa MAHAMA mu karere ka KIREHE, rirahamagarira ba Rwiyemezamirimo batandukanye kandi babifitiye ububasha gupiganira isoko rigaragara haruguru . Ibi bikazabera kucyicaro cy’Itorero aho Umushinga Rw0177 Uterwa inkunga na Compassion International-Rwanda ukorera
Imyenda yo kurimbana ikenewe ni Jeans n’amashati y’amaboko mareremare kubahungu naho abakobwa ni amakanzu ariko bamwe muri bo bazambara Jeans n’amashati y’amaboko maremare .
ICYITONDERWA: Ibindi bigendanye n’Imirimo izakorwa kuri iri soko bizaganirwaho ndetse bishyirwe mu masezerano ibi bizakorwa .Hubahirizwa ibyiciro by’ubukure Abana 231 barimo.
3-5 = 15 ,
9-11 = 2 ,
12-14=81 ,
15-18=130 ,
19-21 = 3
Hemerewe gupiganwa ba rwiyemezamirimo bujuje ibyangombwa bikurikira:
Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira :
- Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umuyobozi wa Paroisse EMLR KIGUFI
- Facture Proforma igaragaza igiciro cya kimwe na mbumbe kuri buri kintu.
- Kuba afite campany abarizwamo ifite TIN Number ya RRA na TVA kandi yanditse muri RDB.
- Kuba afite Attestation de Non creance ya RRA na RSSB itarengeje amezi 3.
- Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
- Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP kandi afite Compte muri Banki ikoresha ikoranabuhanga kandi iri mu mazina ya Company iri mu byangombwa.
- Kuba afite ibyemezo bigaragaza aho yakoze iyo mirimo nibura 3 kandi ko yayikoze neza.
- Fotocopy y’indangamuntu yany’iri company cg ikindi cyemezo kiyisimbura cyemewe n’amategeko
Abujuje ibisabwa muri iri tangazo babifitiye ubushobozi kandi babishaka, basabwe kohereza ibyangombwa byabo byuzuye neza kuri Email: kigufimethodiste@gmail.com bagatanga copy kuri Email: Cuwase@rw.ci.org kandi hakoreshejwe Email ya Company cyangwa y’uyihagarariye. N.B:-Ibyangombwa byose bigomba kuba biri muri Document imwe iri PDF kandi yanditseho “GUPIGANIRA ISOKO Nº02/CI/RW0177/2025-2026 (ISOKO RY’IMYENDA YO KURIMBANA)
- Gusura Sample bizajya biba mu minsi y’akazi kubiro by’umushinga Rw0177 EMLR Kigufi -Gutanga ibyangombwa bizarangira kuwa 08 /12/2025 saa kumi n’imwe (17h00) z’umugoroba. -Gufungura amabaruwa ku mugaragaro bizaba kuwa 09/12/2025 Isaa yine zuzuye(10h00) ku biro bya EMLR Kigufi kandi uwatsindiye isoko azabimenyeshwa mu nyandiko.
- Ibyangombwa bitazanyuzwa kuri izo email zombi ntagaciro bizagira kandi Dossier igomba gutangwa hakoreshejwe email ya Company cyangwa y’uyihagarariye kuko nizo zinyuzwaho ibisubizo byose by’uwapiganye.
- Kubindi bisobanuro mwabariza kurizo Addresse zatanzwe hejuru.
Bikorewe I Kigufi , kuwa 25 /11/2025
Rev: MUNANIRA Emmanuel
Umushumba wa EMLR Paroisse ya Kigufi