Eglise DU Nazareen International au Rwanda ( ENIR )
Paroisse NGENDA /KABUYE
RW 0941 ENIR NGENDA
Email : rw941nyarugenge@gmail.com
ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO
Ubuyobozi bw’umushinga RW0941 ENIR NGENDA itorero Nazarene Paroise NGENDA/KABUYE ,uterwa inkunga na Compassion International buramenyesha ba Rwiyemezamirimo babyifuza kandi babishaka ko hari isoko ryo kugemura ibiribwa by’abana 331 bari mu mushinga RW0941 ENIR NGENDA .
Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira :
- Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa ENIR Paroise NGENDA/KABUYE
- Kuzana Facture Proforma igaragaza ibiciro yatanze hakubiyemo n’imisoro iteganywa n’amategeko ya leta y’URwanda
- Kuba afite photocopie ya facture ya E.B.M yerekana ko atanga iyo facture
- Kuba afite ibyangombwa bimuranga aribyo :
(Tin Number ,Icyemezo gitangwa na RDB ,Icyemezo cyo kutabamo imisoro ya Rwanda Revenue , Icyemezo gitangwa na RSSB cya CERTIFICATE OF CLEARANCE ) byose biriho umukono wa Noteri
- Kuzana ibyemezo by’ahantu 3 yakoze imirimo nkiyi akayirangiza neza bitarengeje amezi atandatu (6month)
- Kuzana photocopie y’indangamuntu
- Bordereau yishyuriyeho amafaranga ibihumbi icumi (10,000)
N.B: Itariki yo gutanga amabaruwa ni kuwa mbere tariki ya 08/12/2025 saa munani zuzuye (14hoo) kubiro by’umushinga RW0941, gufungura amabaruwa ni kuri uwo munsi saa munani zuzuye , Amafaranga yo kugura DAO anyuzwa kuri compte 100005746811yitwa RW0941 ENIR NGENDA angana n’ibihumbi icumi (10,000frws) iri muri B.K
adasubizwa , Iyo umaze kwishyura DAO wohereza Bordereaux kuri Email : rw941nyarugenge@gmail.comhanyuma ugakora kopi kuri Email zikurikira , jmukakimenyi@rw.ci.org , appolinairebyiringiro6@gmail.com ,bakazaza gufata agatabo gakubiyemo amabwiriza arambuye y’isoko guhera tariki 20 /11 - 06 /12 /2025 , bazanye na Photocopie ya bordereaux bishyuriyeho ayo mafaranga , kandi baramaze no kohereza iyo Bordereaux kuri email , mu masaha y’akazi ,kubindi bisobanuro mwabariza kubiro by’umushinga ku masaha ya kazi , mu mudugudu wa cyahafi , akagari ka kabuye , umurenge wa Nyarugenge , akarere ka Bugesera .
Bikorewe I Nyarugenge kuwa 20 /11/2025
Umushumba w’itorero ENIR NGENDA
Pastor BYIRINGIRO Appolinaire