ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO RY’IBIKORESHO BY’ISHURI
Ubuyobozi bw’ torero rya CELPAR PAROISSE NGENDA rifite umushinga RW0891 CELPAR NGENDA uterwa inkunga na Compassion International buramenyesha ba Rwiyemezamirimo bose bifuza gupiganira isoko ry’ibikoresho by’ishuri, ku bana (341) bari muri uwo mushinga, Abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
-Kwandika ibaruwa isaba iryo isoko yandikiwe umushumba w’itorero rya
CELPAR Paroisse Ngenda.
-Kuba asanzwe ari umucuruzi w’inkweto cyangwa afite ubushobozi bwo
gupiganira iryo soko.
-Kuba afite E B M ya R R A
-Kuba afite nimero ya compte muri B K cyangwa ahandi hari Informatisé.
-Kuba afite Tin number ya R R A
-Kuzana icyemezo cy’ubucuruzi (Registre de commerce) kigaragaza ibyo
yemerewe gupiganira (Business Activities).
-Kuzana photocopy y’indangamuntu
-Kuba afite icyemezo cy’uko atarimo umwenda wa RRA(Attestation de non
Créance).
-Kwandika form igaragaza ibiciro yatanze (procuring form) kuri buri gikoresho gisabwa
hakubiyemo n’imisoro iteganywa n’amategeko ya leta y’URWANDA
-Buri wese wifuza gupiganira iryo soko agomba kwishyura amafaranga
adasubizwa 10,000frw kuri konti y’umushinga iri muri BK:100008615483.
-Kuzana bordereau y’amafaranga yishyuye kuri Banki.
-Kuzana icyemezo cy’ahantu nibura hatatu yaba yarigeze gupiganira isoko ry’
Ibikoresho.
-Kureba ko upiganira isoko ariwe nyiri Company cyangwa afitemo imigabane ,
Icyitonderwa:
-Abifuza gupiganira iryo soko no kumenya ibisabwa byose ,bagomba kuza gufata
agatabo k’amabwiriza agenga iryo soko Tariki :01/08/2025 kugeza kuwa Tariki
10/08/2025 ku biro by’umushinga RW0891, uherereye mu karere ka Bugesera
,umurenge waNyarugenge.
-Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri izi nimero:0783341835/0788895681
-Abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuzaza bitwaje ibyangombwa byabo bisaba iryo soko umunsi wogufungura amabahasha kuwa mbere tariki:18/08/2025 saa munani zuzuye (14:00)Ku biro by’umushinga.
Bikorewe Bugesera kuwa :30/07/2025
Umushumba w’itorero rya CELPAR paroisse Ngenda
RUGWIZA SUMO Alexandre