Skip to main content

Itangazo Ryo Gupiganira Isoko Ry’ibyokurya by’abana

RW0891 CELPAR PAROPISSE NGENDA
Rate this employer
Average: 3 (2 votes)

ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO RY’IBYOKURYA

Ubuyobozi bw’Umushinga RW0891 uterwa inkunga na Compassion international mw’itorero CELPAR PAROISSE NGENDA burahamagarira abantu bose babifitiye ubushobozi kuza gupiganira isoko ry’ibyokurya by’abana(337 ) b’umushinga abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:

-Kwandika ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba w’itorero rya

CELPAR Paroisse Ngenda.

  • Kuba asanzwe ari umucuruzi cyangwa afite ubushobozi bwo gupiganira amasoko.
  • Kuba afite E B M ya R R A
  • Kuba afite nimero ya compte muri B K cyangwa ahandi hari Informatisé.
  • Kuba afite Tin number ya R R A
  • Kuzana icyemezo cy’ubucuruzi (Registre de commerce) kigaragaza ibyo yemerewe Gupiganira (Business Activities).
  • Kuzana icyemezo kigaragaza ko atarimo umwenda wa RRA(Attestation de non créance) 
  • Kuzana photocopie y’indangamuntu 
  • Buri wese agomba kuzuza form igaragaza ibiciro yatanze (proforma) hakubiyemo n’imisoro iteganywa n’amategeko ya leta y’URWANDA.
  • Buri wese wifuza gupiganira iri isoko agomba kwishyura amafaranga adasubizwa 10,000frw kuri konti y’umushinga iri muri BK:100008615483
  • Kuzana bordereau y’amafaranga yishyuye kuri Banki umunsi w’ipiganwa
  • Kuzana icyemezo cya hantu nibura hatatu yaba yarigeze kugemura ibyokurya 
  • Kugaragaza gahunda isobanutse yerekana uko azakora icyo gikorwa cyo kugemura ibyokurya.
  • Abifuza ibindi bisobanuro no kumenya imiterere y’ibikenewe bazabibona muri ako gatabo gakubiyemo amabwiriza agenga iryo soko, bashobora no guhamagara kuri izi nimero zikurikira: 0786100783/0788895681.
  • Gufungura amabahasha y’iri soko bizakorwa tariki:28/07/2026 saa tanu zuzuye (11:00) ku biro by’umushinga, Kandi buri wese agomba kuza yitwaje ibyangombwa bye bimwemerera
  • gupiganira iryo soko. 
  • Nta rwiyemezamirimo ugomba gutuma undi, buri wese agomba kwiyizira mu isoko, nkeretse ufite imigabane muri company kandi yanditse mu byangombwa byemewe na RRA.
  • Agatabo k’amabwiriza agenga isoko ryo kugemura ibyokurya muzagasangak’urubuga rwa Job in Rwanda. Bordereau izoherezwa kuri iyi Email:projectrw891celpar@gmail.com 
  • cyangwa kuri nomero za Telephone zatanzwe hejuru.
  • Igitabo cy’amabwiriza agenga iryo soko muzagisangak’urubuga rwa Job in Rwanda 
  • Buri wese agomba kuza yitwaje ibyangombwa bye bisaba iryo soko umunsi wo gufungura amabahasha kuwa mbere Tariki:28/07/2026  saa tanu zuzuye (11:00)Ku biro by’umushinga RW0891 CELPAR Ngenda , uherereye mu karere ka Bugesera ,umurenge waNyarugenge 

Bikorewe Bugesera kuwa :21/07/2026

Umushumba w’itorero rya CELPAR paroisse Ngenda

RUGWIZA SUMO Alexandre

Click on the APPLY button to send your application documents:
  • Your application will be sent to the employer immediately (Allowed formats: .doc .pdf .txt .docx)
  • A confirmation email will be sent to you few minutes afterwards
  • You can request any documents archived from our website (ex: a job description, a CV, a cover letter...)