ITANGAZO RYO GUPIGANIR ISOKO
Itorero rya EPR/Paruwase Kabadaha, rifite umushinga RW0567 EPR KABADAHA uterwa inkunga na Compassion International, rifite icyicaro mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Mushishiro, akagali ka Munazi, umudugudu wa Kabadaha, buramenyesha ba Rwiyemezamirimo bose babyifuza kandi babifitiye ububasha ko ryifuza gutanga isoko ry’ibiribwa n’ibikoresho by’isuku.
Abifuza gupiganirwa iryo soko, barasabwa gutanga borderaux bishyuriyeho amafaranga ibihumbi icumi (10,000Rwf) adasubizwa kuri compte 100018741158 iri muri Banki ya Kigali (BK) ku mazina ya RW0567 EPR KABADAHA. Mukaduha aho mwishyuriye kuri email rw0567eprkabadaha@gmail.com kuva tariki 11/05/2026 kugera tariki 21/05/2026 Dao izaba ihari , nyuma ya tariki 21/05/2026 nta byangobwa tuzakira.
Mugutanga ibyangombwa, muzabyohereza kuri email yavuzwe haruguru, mutange copy kuri DMukamwezi@rw.ci.org , maniracentsure@gmail.com
Ipiganwa rikazaba tariki 22/05/2026 saa tanu za mu gitondo zuzuye (11h00) ari nabwo tuzatangira isoko muruhame.
Ukeneye ibindi bisobanuro yatwandikira kuri email yavuzwe haruguru
Bikorewe i Kabadaha kuwa 07/05/2026
Umuyobozi wa EPR/Paroisse Kabadaha
Pasteur MANIRAGABA Innocent