Skip to main content

Itangazo Ry’isoko Ryo Kugura School Bags  Ku Bana Bafashwa N’ Umushinga Rw0628 Ear Gashora

PROJECT RW0628 EAR GASHORA
Rate this employer
Average: 2.3 (3 votes)

ANGLICAN CHURCH OF RWANDA (EAR D/K)

GASHORA PARISH

PROJECT RW0628 EAR GASHORA

Email: rw628projectdirector@gmail.com ; alphonsegasarasi@gmail.com 

Tel: 0788742206;0788615601

BIRYOGO-GASHORA-BUGSERA

ITANGAZO RY’ISOKO RYO KUGURA SCHOOL BAGS  KU BANA BAFASHWA N’ UMUSHINGA RW0628 EAR
GASHORA

Ubuyobozi bw’Itorero Anglicane ry’u RWANDA(EAR),Paruwase ya Gashora ,riherereye mu Kagari ka Biryogo, Umurenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera, Intara y’i Burasirazuba riterwa inkunga na Compassion international binyuze mu mushinga RW0628 EAR Gashora ririfuza gutanga isoko,ryo kugemura ibikapo by’ishuli (School bags) ku bana 280 barererwa muri uwo mushinga . Umushinga kandi urifuza gutanga isoko ryo kudoda impuzankano y’ishuri (School uniforms) kubana 236 biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye 

IBYO TUZAKENERA N’INGANO YABYO

 N’IBIKAPO BY’ISHULI(SCHOOL BAGS)

NO

IBIKENEWE

UMUBARE W’IBIKENEWE BYOSE

1

School bags for Nursery School

37

2

School bags for Primary School

145

3

School bags for Secondary School

98

Total

280

Abifuza gupiganira rimwe muri aya masoko bose barasabwa gutanga ibyangombwa by’ipiganwa bikurikira :

  1. Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa EAR Paruwasi Gashora 
  2. Proforma igaragaza igiciro cya kimwe n’igiciro cya byose 
  3. Kuba afite company abarizwamo
  4. Kuba afite compte muri bank ifite ikoranabuhanga Kandi iri mumazina ya company.
  5. Kuba afite TIN number yo muri RRA na TVA
  6. Kuba afite icyangombwa cyerekana ko nta mwenda abereyemo RRA na RSSB kitarengeje amezi 3
  7. Kuba afite cachet kandi atanga facture ya EBM
  8. Ibyemezo 3 byaho yakoze akarangiza akazi neza
  9. Kuba yemera kwishyurwa hakoreshejwe OP kandi akishyurwa yamuritse ibikenwe
  10. Kuba afite registre y’ubucuruzi itangwa na RDB y’ubucuruzi igaragaza ko rwiyemezamirimo asanzwe akora iyi mirimo ari gupiganira
  11. Fotocopy y’indangamuntu yanyiri company cg icyemezo gisimbura indangamuntu cyemewe n’amategeko.

Icyitonderwa :

  1. Ibyangombwa by’ipiganwa byoherezwa kuri emails rw628projectdirector@gmail.com
     , na EKayitare@rw.ci.org na alphonsegasarasi@gmail.com kuva ku italiki 07/10/2025 kugeza
    kuwa 14/10/2025 saa kumi n’imwe z’umugoroba. Gufungura amabaruwa bizakorwa kuwa 15/10/2025 saa
    sita zuzuye mu cyumba cy’inama cy’aho umushinga uri
  2. Inyandiko zose zavuzwe zijyanye n’ibyangombwa by’uwitabira isoko zigomba kuba ziriho umukono wa Notaire w’umwimerere
  3. Abasabye isoko bose bagomba kuboneka mu gihe cyo gufungura amabaruwa
  4. Uhagarariye Company agomba kwiyizira mu ipiganwa ry’isoko, mu gihe atabonetse aha icyemezo cyanditse gatanga uburenganzira bwo kumuhagararira kuwo yohereje
  5. Rwiyemezamirimo yohereza document ze kuri izo emails zombi zagaragajwe iyo bigaragaye ko atohereje kuri emails zose zatanzwe dossier ye ibarwa nk’itoherejwe
  1. Iri soko ririmo ibice 2 nkuko mwabibonye mubisabwa ushobora gupiganirwa igice kimwe cyangwa ugabipiganira byombi. Iyo upiganiwe amasoko yose ugaragaza buri dossier ya buri soko kandi ukishyura DAO ya buri soko
  2. Kwishyura DAO ni 10,000 RWF yishyurwa kuri Compte No 100014101947 ya RW0628 EAR GASHORA CDC iri muri BK, iyo umaze kwishyura ushobora kubona DAO hifashishijwe ikoranabuhanga kuri Email cyangwa ukaza kuyifata ku mushinga mu masaha y’akazi

Murakoze.

Bikorewe i Gashora 06 /10 /2025

Umushumba wa EAR Paruwase Gashora

Rev. Canon GASARASI Alphonse

 

Click on the APPLY button to send your application documents:
  • Your application will be sent to the employer immediately (Allowed formats: .doc .pdf .txt .docx)
  • A confirmation email will be sent to you few minutes afterwards
  • You can request any documents archived from our website (ex: a job description, a CV, a cover letter...)