ZINGA PRESBYTERY
MUSAZA PARISH
Project: RW0585 EPR RUGANGO
Email: rw585eprugango@gmail.com
ITANGAZO RY’ISOKO
Ubuyobozi bw’Itorero EPRparuwasi ya MUSAZA riherereye mu kagari ka Kabuga, umurenge wa Musaza mu Karere ka Kirehe, intara y’iBurasirazuba rifite umushinga RW585 EPR RUGANGO uterwa inkunga na compassion international Rwanda burifuza gutanga isoko kumuntu wese ubyifuza kandi ubifitiye ubushobozi ryokugurira abagenerwa bikorwa ibi bikurikira Ibikoresho by’ishuri bitandukanye byabagenerwa bikorwa 400 ndetse n’inkweto 400 za adidas stan smith orginal
Ibikoresho byishuri bikurikira:
| IBIKENEWE | UMUBARE |
| Exercice books squire 96P / nkundamahoro | 1265 |
| NOTEBOOKS 120 P /Nkundamahoro 2382 | 2382 |
| Exercise Books 200 p /nkundamahoro | 1037 |
| RUBBER | 383 |
| Pencils | 513 |
| Files | 65 |
| Gulde | 65 |
| Color pencil(box) | 65 |
| Drawing | 253 |
| Caligraphy | 253 |
| Pen(Bic) | 68 box |
| SHARPENER 253 | 253 |
| Mathematical sets | 147 |
| Register | 12 |
IBIKENEWE KUGIRANGO UMUNTU ATSINDIRE IRI SOKO
- Ibaruwa isaba isoko yandikiye ubuyobozi bw’Itorero rifite umushinga RW585 EPR Rugango
- Registre de commerce, kuba yemerewe na RDB gukora isoko rijyanye nibyavuzwe haruguru.
- Kuba afite icyemezo kigaragaza ko ntamwenda afitiye RRA kiriho umukono wanoteri.
- Kuba afite icyemezo kigaragaza ko ntamwenda afitiye RSSB kiriho umukono wa noteri
- Icyemezo cya TVA (certificat VAT)
- Facture proforma igaragaza ibiciro.
- Kuba akoresha EBM (electronic billing machine)
- Fotokopi y’indangamuntu
- Ibyemezo bitatu byemeza koyakoze isoko rijyanye niryavuzwe haruguru.
Abifuza gupiganira isoko ry’inkweto barasabwa gusura sample guhera kuwa 20/07/2026 kugeza kuwa 31/07/2026
Birashoboka ko umuntu ya piganira kimwe muribyo cg agapiganira byombi
Abifuza gupiganira isoko ry’ibikoresho by’ishuri ndetse n’inkweto barasabwa gutanga amabaruwa yabo guhera kuwa 20/07/2026
N.B: Abifuza gupiganira aya masoko banyuza amabaruwa yabo asaba isoko ku emails: rw0585eprugango@gmail.com agatanga copy kuri email Cuwase@rw.ci.org;idatanzwe hose iba imfabusa, kandi kwakira amabaruwa asaba bizarangira ku wa 03/08/2026 saa kumi (16h00). Kureba abapiganwe no gutangaza abatsinze ku mugaragaro bizaba mu ruhame kuwa 04/08/2026 saa 10h00.uzatsindira iryo soko azamenyeshwa mu nyandiko igihe cyo gusinya amasezerano y’isoko. Abakenera ubundi busobanuro bahamagara kuriyi nimero
+250783226380
Bikorewe I Musaza,kuwa 18/07/2026
Umuyobozi w’ itorero EPR PAROISSE MUSAZA
Pastor .NSENGIMANA Jean Pierre