ITANGAZO RY’ AMASOKO
Ubuyobozi bw’ itorero Inkurunziza paroisse ya kirehe, bufite umushinga uterwa inkunga na Compassion International mu Rwanda, burifuza gutanga isoko rikurikira:
Inkweto z’abana 234 bafashwa n’umushinga iterwa inkunga na compassion
Ba rwiyemezamirimo bifuza gupiganira iryo soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
1.Kuba afite ibaruwa isaba isoko yandikiwe ubuyobozi w’itorero inkurunziza Paruwasi ya kirehe iriho Facture Proforma y’ igiciro cy’inkweto imwe ndetse n’ igiciro cya zose.
2.Icyemezo cyo kutaberamo umwenda ikigo cy’ igihugu cy’ ubwiteganirize bw’abakozi (Rwanda Social Security Board: RSSB)
3.Icyemezo cy’ ubucuruzi gitangwa na RDB
4.Icyemezo cyo kutaberamo umwenda ikigo cy’ igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (R.R.A)
5.Ibyemezo 3 bigaragara ko yakoze imirimo nkiyo apiganira amasoko akayikora neza.
6.Kugira konti ya Bank iri mu mazina ari ku cyemezo cya RDB cy’upiganirwa cyangwa Company yapiganwe.
7.Photocopie y’ indangamuntu cg Passport y’ uhagarariye Company.
8.Kuba atanga facture ya EBM.
Ibisobanuro birambuye kuri iri soko murabisanga muri “dao” isangwa mubiro by’umushinga ihabwa uwamaze kwishyura amafaranga ibihumbi icumi(10000frws)kuri konti:100010747281y’inkurunziza paroisse ya kirehe iri muri k ikindi mbere yogupigana nukuza kumushinga gusura sumple y’Inkweto twifaza guha abana ikindi nkuko byagaragaye ko hari barwiyemezamirimo bataza gusura sample bakohereza abamotari kugirango bigaragare ko basuye ntabwo byemewe mugomba kuza kwisurira sample kugirango mumenye neza qualite y’inkweto twifuza guha abana kukoabomwatumye babibaha kumafoto bigatuma mupigana nabi kuko mutirebeye icyo mugiye gupiganira.
Kwakira ibyangombwa biratangirana 07/02/2026 mukimara kubona itangazo naho gufungura mu ruhame ibyangombwa bisaba isoko ni taliki 20/02/2026 isaa yine za mugitondo (10h’00) ku biro by’umushinga RW0236 IRAMA uherereye mukarere ka KIREHE Umurenge wa GAHARA,akagali ka BUTEZI umudugudu wa RWAMUZIMA ibyangombwa bisaba isoko bizarenza ku italiki 20/02/2026 saa yine zuzuye (10h00) ntibizashyirwa mu ipigana ,abifuza gupiganira isoko banyuza ibyangombwa bisaba isoko hakoreshejwe uburyo bwa Email zikurikira ,projectrw236@gmail.com bagatanga kopi kuri eniyonzima@rw.ci.org
Uwifuza ibindi bisobanuro yabariza kubiro by’umushinga mumasaha y’akazi cyangwa akaduhamagara kuri telephone Nomero 0781949432.
Bikorewe i rama, kuwa 05 /02/2026
Umuyobozi w’inkurunziza paroisse ya kirehe
Rev. Pastor UWIZEYE Jean Pierre