P. A. D. R
Eglise Pantecote des Assamblees de Dieu au Rwanda
Rwabutazi Local Church.
Tél : (250) 0789533167 / (+250) 7 29002023
Email: onesme.ndayisaba@yahoo.com
Civil Personality Nº 56/11 of 07th June 2005
---------------------------------------------------------------------------------------------------------------------------------------------------
ITANGAZO
Ubuyobozi bw’ itorero E.P.A.D.R Rwabutazi rifite Umushinga RW0954 Rwabutazi uterwa Inkunga na Compassion International mu Rwanda, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari isoko No: 0001/CI/RW0954/FY2026 ryo kugurira abagenerwabikorwa ibikoresho by’ishuri birimo amakaye, ibikapu (School bags) ku abagenerwabikorwa 249.
ABIFUZA GUPIGANIRA IRI SOKO BAGOMBA KUBA BUJUJE IBI BIKURIKIRA
- Ibaruwa isaba isoko yandikiwe ubuyobozi bw’itorero E.P.A.D.R Rwabutazi kandi iriho umwirondoro wuzuye wusaba isoko
- Kuba afite icyemezo cya RDB kimuha uburenganzira bwo gukora imirimo ijyanye n’ubucuru bw’ikoresho byishuri kiriho umukono wa Noteri
- Kuba afite icyemezo kigaragaza ko nta mwenda afitiye ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro RRA
- Urupapuro rugaragaza ibiciro (Facture preform).
- Kuba akoresha inyemezabwishyu ya EBM (Electronic Billing Machine)
- Icyemezo cya VAT (value added tax) kiriho umukono wa Noteri
- Photocopy y’Irangamuntu y’uwusaba isoko.
- Kuba yishyuye amafaranaga ibihumbi icumi ((10000Frw) bidasubizwa bimwemerera gupiganira isoko akishyurwa kuri konte 4035200050234 E.P.D.R.Rwabutazi iri muri Equity Bank
- Usaba isoko ryo kugemura ibikapu byishuri agomba kuba yarabanje gusura urugero ry’igikapu (Sample) ku ibiro byumushinga mu amasaha yakazi kuva itariki 31/07-11/08/2025.
URUTONDE RW’IBIKENEWE
NO |
IBIKORESHO BIKENEWE |
IMIBARE IKENEWE |
1 |
Blue Pens (Bic) |
2072 |
2 |
Black Pencil Droplines |
114 |
3 |
Sharpener |
114 |
4 |
Lines’ Exercise Book Nkundamahoro Pg 120 |
592 |
5 |
Squars’ Exercise Book Nkundamahoro Pg 120 |
1882 |
6 |
Squares’ Exercise Book Nkundamahoro Pg 200 |
1305 |
7 |
Squares’ Exercise Book Nkundamahoro Pg 96 |
152 |
8 |
Calligraphy 48pg |
76 |
9 |
Drawing Book |
334 |
10 |
Registres Jambo square |
117 |
11 |
Sets |
210 |
12 |
Calculator |
38 |
13 |
Periodic Table |
39 |
14 |
Primary School Bag |
210 |
15 |
Secondary School Bag |
39 |
Ikitonderwa:
Ubyifuza yapiganira isoko ryakimwe ni ukuvuga Bags cyangwa amakaye n’amakaramu.
Kubabyifuza kandi babifitiye ubushobozi bakwihutira gutanga ibyangobwa bisabwa kuri Email y’umushinga RW0954 Rwabutazi rw0954aogrwabutazi@gmail.com, mugatanga copy eniyonzima@rw.ci.org, , bitarenze tariki ya 12/08/2025 saa ine ni gice za mu gitondo (10h30) ipiganwa rikazafungurwa saa tanu zuzuye ku ibiro by’umushinga biherereye mu intara y’Iburasirazuba akarere ka Kirehe umurenege wa Gatore, akagali ka Rwabutazi Umudugudu wa Samuko, nyuma yiyo saha (10h30) ntawuzemererwa gutanga ibyangombwa ,uzatsindira iryo soko akazamenyeshwa binyuze kuri Email yatanzeho ibyangowa bye.
Mukeneye ibindi bisobanuro mwakwifashisha numero za telephone 0789658367
Bikorewe i Rwabutazi, kuwa 29/07/2025
Rev. Pastor Onesme Ndayisaba
Umuyobozi w’itorero.