Eglise presbytérienne au Rwanda – EPR
PRESBYTERY ZINGA
PARUWASI YA MUSAZA
RW 0585 EPR-RUGANGO
Rw0585eprugango@gmail.com
ITANGAZO RY’ISOKO
Ubuyobozi bw’Itorero EPRparuwasi ya MUSAZA rifite umushinga RW585 EPR RUGANGO uterwa inkunga na compassion international Rwanda burifuza gutanga isoko kumuntu wese ubyifuza kandi ubifitiye ubushobozi ryo kugurira abagenerwa bikorwa 400 Inkweto za adidas stan smith.
IBIKENEWE KUGIRANGO UMUNTU ATSINDIRE IRI SOKO
- Ibaruwa isaba isoko yandikiye ubuyobozi bw’Itorero rifite umushinga RW585 EPR Rugango
- Registre de commerce, kuba yemerewe na RDB gukora isoko rijyanye nibyavuzwe haruguru.
- Kuba afite icyemezo kigaragaza ko ntamwenda afitiye RRA kiriho umukono wanoteri.
- Kuba afite icyemezo kigaragaza ko ntamwenda afitiye RSSB kiriho umukono wa noteri
- Icyemezo cya TVA (certificat VAT)
- Facture proforma igaragaza ibiciro.
- Kuba akoresha EBM (electronic billing machine)
- Fotokopi y’indangamuntu
- Ibyemezo bitatu byemeza koyakoze isoko rijyanye niryavuzwe haruguru.
Abifuza gupiganira iryo soko barasabwa gusura sample guhera kuwa 28/11/2025 kugeza kuwa 09/12/2025
- B :Abifuza gupiganira iryo soko banyuza amabaruwa yabo asaba isoko ku emails: rw0585eprugango@gmail.com agatanga copy kuri email Cuwase@rw.ci.org;idatanzwe hose iba imfabusa, kandi kwakira amabaruwa asaba bizarangira ku wa 10/12/2025 saa kumi (16h00). Kureba abapiganwe no gutangaza abatsinze ku mugaragaro bizaba mu ruhame kuwa 11/12/2025 saa 10h00.uzatsindira iryo soko azamenyeshwa mu nyandiko igihe cyo gusinya amasezerano y’isoko. Abakenera ubundi busobanuro bahamagara kuriyi nimero +250783226380
Bikorewe I Musaza,kuwa 17/11/2025
Umuyobozi w’ itorero EPR PAROISSE MUSAZA
Pastor . NSENGIMANA Jean Pierre