Eglise DU Nazareen International au Rwanda ( ENIR )
Paroisse NGENDA /KABUYE
RW 0941 ENIR NGENDA
TEL:0788763044/0787691167
Email : rw941nyarugenge@mail.com
ITANGAZO
Ubuyobozi bw’umushinga RW0941 ENIR NGENDA itorero Nazarene Paroise NGENDA/KABUYE ,uterwa inkunga na Compassion International buramenyesha ba Rwiyemezamirimo babyifuza kandi babishaka ko hateganijwe isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri n’ibikoresho by’isuku by’abana (331 ) bari mu mushinga RW0941 ENIR NGENDA .
Abifuza gupiganira iri soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira .
- Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa ENIR Paroise NGENDA/KABUYE
- Kuzana Facture Proforma igaragaza ibiciro yatanze hakubiyemo n’imisoro iteganywa n’amategeko ya leta y’URWANDA
- Kuba afite photocopie ya facture ya E.B.M yerekana ko atanga iyo facture
- Kuba afite ibyangombwa bimuranga aribyo :
(Tin Number ,Icyemezo gitangwa na RDB ,Icyemezo cyo kutabamo imisoro ya Rwanda Revenue , Icyemezo gitangwa na RSSB cya CERTIFICATE OF CLEARANCE ) byose biriho umukono wa Noteri
- Kuzana ibyemezo by’ahantu 3 yakoze imirimo nkiyi akayirangiza neza
- Kuzana photocopie y’indangamuntu
- Bordereau yishyuriyeho amafaranga ibihumbi icumi (10,000) ya DAO
N.B: Iyo umaze kwishyura DAO wohereza Bordereau kuri Email : rw941nyarugenge@mail.comhanyuma ugakora kopi kuri Email zikurikira , jmukakimenyi@rw.ci.org , appolinairebyiringiro6@gmail.com
Amafaranga yo kugura DAO anyuzwa kuri compte 100005746811yitwa ENIR RW941 NYARUGENGE iri muri B.K angana n’ibihumbi icumi (10,000frws) adasubizwa ,bakazaza gufata agatabo gakubiyemo amabwiriza arambuye y’isoko guhera tariki 31 /07 - 12 / 08 /2025 , bazanye na Photocopie ya bordereau bishyuriyeho ayo mafaranga mu masaha y’akazi , ikindi mbere yo gupigana barasabwa kuza kubiro by’umushinga gusura Sample y’ibikapu bizahabwa abana , Abujuje ibisabwa, basabwe kubinyuza kuri email zatanzwe haruguru ,ariko bakabikora kumunsi wipiganwa kuwa 14/08/2025 kuva Saa tatu za mugitondo kugeza saa saba zuzuye , kugirango saa munani zuzuye habeho gufungura muruhame kubiro by’umushinga RW0941 ENIR NGENDA , Ibyangombwa bisaba isoko bizarenza kuwa 14/08/2025 saa saba zuzuye ntibizashyirwa mw’ipiganwa , ibyangombwa by’ipiganwa binyuzwa kuri ziriya email 3 zavunzwe haruguru zose iyo email bakayibona yo gupiganwa , kubindi bisobanuro mwabariza kubiro by’umushinga ku masaha ya kazi .
Bikorewe I Nyarugenge kuwa 30/07/2025
Umushumba w’itorero ENIR NGENDA
Pastor BYIRINGIRO Appolinaire